Buri gihe iyo ndi njyenyine ngatekereza k’urukundo mba numva runyakamo nk’umuriro, nkumva ruri kunzenguruka runyirukamo umubiri wose ariko nakwibuka ko ruri kumfira ubusa bitewe n’uko ntawe mfite nduha nkumva birambabaje. Nitwa Mukakabanda Ignacienne mfite imyaka 24 ndashaka umusore naha urukundo kuko ndarufite rwinshi. Nukuri nzamukunda muhe urukundo rumusaguke nawe azambabarire arwakire. Ndashaka umusore nawe ukunda by’ukuri kandi utagira isoni zo kugaragaza urukundo n’amarangamutima ye. Ndashaka umusore uri mu kigero cy’imyaka 25-30 warangije kaminuza cyangwa se akaba azayirangiza uyu mwaka kuko nanjye nibwo ndi kurangiza. Ubyujuje anyandikire inbox tuvugane. For Connection To Her Register Here. If you are already registered Click here.









No responses yet