Nitwa Itangamahoro Carine mfite imyaka 29 ntuye i Kigali. Umugabo wanjye ubu tumaranye imyaka 5 dushyingiwe, muri iyo myaka yose ntitwigeze tubyara. Twagerageje ibishoboka byose ndetse twegera n’abanganga b’inzobere kugira ngo badufashe tubone umwana ariko ntabwo byaje gukunda kuko basanze umugabo wanjye adashobora kubyara. Iyo nkuru ntabwo yigeze inshimisha ariko narabyakiriye gusa umugabo wanjye we ntiyigeze byakira niyo mpamvu yakomeje kunyingingira kuba nakwishakira umuntu kuruhande tukabyarana. Nabanje kubyanga ariko uko yakomeje kubimpatira niko nanjye naje kumvako ndamutse mbonye akana byanshimisha kurenza ibibaho byose. Niyo mpamvu ubu ndi gushaka umuntu wakwemera kunyera inda nkabyara. Umugabo wanjye sinzamuta nzakomeza kubana nawe ndetse dufatanye kurea uwo mwana, ariko uwo tuzamubyarana sinzamwambura uburenganzira bwo kwitwa se w’umwana ndetse nzamuha uruhushya rwo kujya aza gusura umwana we buri uko abishatse. Uwakumva yabyemera yanyandikira inbox, abaye yumva hari na condition yasanba yabimbwira kuko bibaye no kumwishyura nabikora ariko nkabona umwana. For Connection To Her Register Here. If you are already registered Click here.

Categories:

Tags:

No responses yet

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *