Nitwa Uwera Nadege (Nana) mfite imyaka 34 ntuye mu Mujyi wa Muhanga. Umugabo wanjye twabanye dukundanye cyane ariko twabanye bitemewe n’amategeko twishyingiye. Hashize amezi agera ku munani tubana, umugabo wanjye yabonye bourse yo kujya kwiga muri Amerika, agenda twemeranyije ko namara kwiga azahita agaruka. Ubwo yagendaga yasize ntwite, nyuma naje kubyara umwana w’umuhungu. Hashize imyaka 4 umugabo wanjye yarangije kwiga, akimara kwiga ahita abona akazi keza muri America, nyuma yo kubona akazi ambwira ko atakigarutse ahubwo ko agiye gukora ibishoboka byose akanshakira ibyangombwa nanjye nkajyayo. Mu gihe akiri kunshakira ibyangombwa, yambwiye ko kubona ibyangombwa byanjye biri gutinda bitewe n’uko tudasezeranye, ahubwo ko ibyangombwa by’umwana byo byahita biboneka, ansaba ko naba mwoherereje umwana kugira ngo umwana atangire kwigirayo nanjye koko numva byaba ari igitekerezo cyiza n’uko umwana ndamumwoherereza atangira kwiga. Kuva nakohereza umwana ubu hashize imyaka 7 kandi umugabo iyo mubajije impamvu atanjyana ambwira ko akiri kunshakira ibyangombwa. Muri icyo gihe cyose nta kibazo cy’ubushobozi nigeze ngira kuko umugabo wanjye yansigiye imitungo inyinjiriza amafaranga ahagije atuma mbasha kubaho ndetse nkatunga n’umuryago we. Ibyo ninabyo byakomeje kumpa ikizere cy’uko ankunda by’ukuri adashobora kundeka. Nyamara nasanze naribeshye kuko nakomeje gutegereza ko umugabo anjyana muri Amerika ndaheba, ahubwo nza kumenya amakuru y’uko yishakiye undi mugore ubu akaba ari we babana akamufasha kurera umwana wanjye. Niyo mpamvu rero ndi gushaka umuntu wakwemera ko dukundana tukabana akaramata. Uwabona ifoto yanjye akankunda yanyandikira inbox tukavugana uburyo twahura tukamenyana birushijeho. For Connection To Her Register Here. If you are already registered Click here.

Categories:

Tags:

3 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *