Rutahizamu Assisat Oshoala akomeje kugarukwaho cyane nyuma yo gufasha ikipe ye ya Nigeria yatsinze Australia ibitego 3-2 mu gikombe cy’Isi cy’abagore
Nigeria niyo kipe ya mbere yo muri Africa yatsinze umukino muri iki gikombe cya 2023. Ni umukino wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023.
Assisat Oshoala abaye Umunya-Nigeria wa mbere utsinze mu bikombe by’Isi 3 bitandukanye nyuma y’aho muri uyu mukino atsinze igitego maze akishimira akuramo umwenda yari yambaye.




Related posts:
Agnes arashaka umusore bakundana utarengeje imyaka 28.
Uwamariya ku myaka 40 aracyari isugi ntiyigeze akundana na rimwe none arashaka umukunzi.
The guy who can be proud to date me I am ready to give him a chance.
Being alone is boring for me and I want a guy who can accept to live with me.
Nitwa Uwineza Chantal mfite imyaka 33 ndashaka umusore wakwemera kumbera umugabo.
Boys are afraid of me and refuse to date me because I am rich which is why I need a boyfriend in a h...
My name is Queen and I am looking for a guy who can truly love me.
Her Name Is Mariam She Is Searching For a Man.
We are twins and we need one boyfriend who can love both of us.
No responses yet