Nitwa Venancie Uwamariya mfite imyaka 40 kuko navutse mu 1983. Kuva kera nkiri muto najyaga nganira n’abakobwa turi mu rungano bakambwira ko bo bafite abakunzi cyangwa se ko hari abahungu baje kubasaba urukundo bakabyanga. Njye mu buzima bwanjye ntamuhungu n’umwe wigeze ansaba urukundo yewe ntanuwigeze agerageza kuntereta habe na rimwe wenda ngo ansabe urukundo mbyange yabinsabye ntanumwe rwose. Ubwo nari ngeze mu kigero cy’imyaka 20 natangiye kujya mbyibazaho nkavuga nti ese ubu nijye mubi cyane mu bakobwa bose kuburyo nabura umukunzi, igihe kimwe mbiganiriza mama kuko yari akiriho mubaza impamvu njye nta musore ujya ambaza izina. Mama ambwira ko ari umuntu wanzinze kandi ko uwo muntu napfa nzahita mbona umugabo. Ngo kuko kera nkiri umwana uwo muntu yavuze ko ntazigera nshaka akiriho. Uwo muntu rero yaje gupfa mfite imyaka 32 none nanubu nakomeje gutegereza ko hari umusore waza kunsaba urukundo ndaheba. Nahise mbona ko ibyo kunziga bishobora kuba ari amabesho ahubwo arinjye wabyishyizemo bigatuma ntafata iya mbere mu kuba naha kalibu abasore ndetse no kubaha umwanya ngo babashe kuntereta. Ubu rero nanjye nafashe iya mbere ndifuza umukunzi kuri uru rubuga, mbonye umusore byaba ari amahire, ariko abaye ari n’umugabo ufite n’abana ntakibazo namufasha kubarera kandi nkamufasha mu buryo bwo kwiteza imbere kuko ubushobozi bwo ndabufite.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.






4 Responses
Hi sst, call on 0792104527
Ese niba uri tayari wamvugishije 0722936496
Hi sst , call me on 0792104527
Niba nakibazo umamagare 0791879910